in

Umuhanzi YFilla yashyize ahagaragara indirimbo ye nshya yise ‘JAM MY LIFE’

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/03/yf.jpg

Umuhanzi YFilla umaze kumenyerwa cyane hano mu Rwanda uyu akaba yarigaruriye imitima y’abantu benshi bazi indirimbo ze zirimo iyitwa ‘shyiramo gas’, ‘isi n’ibyayo’, iyitwa ‘nobody’ yafatanyije na Bulldogg ndetse n’izindi kuri ubu yamaze gushyira hanze indi ndirimbo ye nshya yise ‘JAM MY LIFE’.

Umuhanzi YFilla

Mu kiganiro YEGOB yagiranye na YFilla yadutangarije ko iyi ndirimbo ari imwe mu ndirimbo yijeje ko abanyarwanda ko bazayikunda ndetse anatubwira ko akomeje gukora izindi ndirimbo nziza yijeje abafana be ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda ko zizaza vuba.

Umuhanzi YFilla

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ubwitabire bwo ku rwego rwo hejuru, abakobwa beza, inseko nziza… bimwe mu byaranze igitaramo gisoza SEKA FEST 2019 (AMAFOTO+VIDEO)

Umuhanzi Revizo Chris yakoze indirimbo 3 zo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 #Kwibuka25