Imyidagaduro
Umuhanzi YFilla yashyize ahagaragara indirimbo ye nshya yise ‘JAM MY LIFE’
Umuhanzi YFilla umaze kumenyerwa cyane hano mu Rwanda uyu akaba yarigaruriye imitima y’abantu benshi bazi indirimbo ze zirimo iyitwa ‘shyiramo gas’, ‘isi n’ibyayo’, iyitwa ‘nobody’ yafatanyije na Bulldogg ndetse n’izindi kuri ubu yamaze gushyira hanze indi ndirimbo ye nshya yise ‘JAM MY LIFE’.

Umuhanzi YFilla
Mu kiganiro YEGOB yagiranye na YFilla yadutangarije ko iyi ndirimbo ari imwe mu ndirimbo yijeje ko abanyarwanda ko bazayikunda ndetse anatubwira ko akomeje gukora izindi ndirimbo nziza yijeje abafana be ndetse n’abakunzi b’umuziki nyarwanda ko zizaza vuba.

Umuhanzi YFilla
-
Imyidagaduro10 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro15 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.
-
Imyidagaduro23 hours ago
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umunyamakuru wa RBA uherutse kwambikwa impeta yahishuye uburyo yarijijwe na fiancé we|Avuga no ku bukwe bwe (VIDEO)
-
imikino14 hours ago
Umukunzi wa Yannick, yashyize ahagaragara video bari gusomana amushimira ibyo yamukoreye
-
imikino7 hours ago
Amavubi yari yishyize mu mazi abira kubera umunyamakuru wa RBA
-
Imyidagaduro19 hours ago
Bwa mbere umunyarwenya Arthur Nkusi avuze ko afite umukunzi anavuga izina rye