Imyidagaduro
Umuhanzi Face asize umugani utazibagirana i Kigali (Impamvu )

Umuririmbyi 2Face wakunzwe mu ndirimbo ’Afrika Queen’, kuri ubu uri gukoresha izina rya 2 Baba mu bikorwa byo kwagura muzika ye, ahuriye n’uruva gusenya mu mujyi wa Kigali, nyuma yo gutaramira abantu bagera kuri 50 ubariyemo n’abanyamakuru.
Nyuma y’uko bamwe mu bahanzi nyarwanda bagombaga kuzafasha 2 Face Idibia ku rubyiniro aribo Tom Close na Urban Boys, byageze ku munota wanyuma bagatangaza ko batazitabira icyo gitaramo kubera ko hari ibyo batunvukinyeho n’Umuyobozi wa Entertainment Promoters, Murerwa Belinda wateguye icyo gitaramo.
- Ati “Reka nicare aha ntakwirushya dore muri bacye…..
Benshi bacyetse ko kitacyikabaye, gusa si ko byagenze kuko igitaramo cyabaye mu ijoro ryo kuri uyu Gatanu tariki ya 23 Nzeri 2016 muri Serena Hotel. Ni igitaramo kitabiriwe na bantu batagera kuri 50 ubariyemo n’abanyamakuru.
Iki gitaramo byari biteganyijwe ko gitangira ku isaha ya saa 16hoo nk’uko bigaragara ku rupapuro rwamamaza igitaramo. Ubwo Ikinyamakuru Umuryango.rw twageraga aha gombaga kubera igitaramo ahagana saa kumi n’ebyiri z’umugoroba, twasanze harimo abantu 3 n’uvangavanga umuziki [DJ]. Byageze ku isaha ya saa mbili harimo abanyamakuru gusa. Ku isaha ya saa tatu, nibwo hatangiye kwinjira abantu bagera kuri 20.
- Abanyamakuru bari ba bucyereye ngo birebera icyo gihangange
Ku isaha ya saa tanu, umuhanzi Jack B [Rugamba Jacques] yageze k’urubyiniro ashyushya abantu mu ndirimbo ze zakunzwe. Gabiro Guitar nawe yaririmbye mbere yuko 2 Face Idibiba ahagera. Igitaramo cyaje gusozwa na 2 Face Idibia wabuze uko agenze akemera akaza gutaramira abo 50.
Andi mafoto menshi:
- Byagezeho 2 Face biramurenga ava ku rubyiniro ajya mu bafana cyane ko kubageraho byari byoroshye
- Mc Tino wari uyoboye iki kirori, ati “Nanjye byanyobeye…..
- Gabiro Guitar [I Bumoso], n’umubyinnyi we bagerageza gushimisha abahari
- 2 Face yari kumwe n’ababyinnyi be
- Ati “Ubuse abinyuma muranyunva mu dahari…….
- Intebe zigera kuri 400…..Hari hinjiye abantu batarenga 50
- Bibazaga nimba ari 2 Face idiba wakunzwe muri ’Afrika Queen’ wabonye abafana bagera kuri 50
- Yageragaho agasoma kuri Manyinya
- Source : umuryangoÂ
-
Imyidagaduro9 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro7 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
inyigisho8 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.