in

Umuhanzi Davido ari kubyinira k’urukoma nyuma yo kubona ikintu yari amaze imyaka irenga 11 ategereje

Umuhanzi Davido ari kubyinira k’urukoma nyuma yo kubona ikintu yari amaze imyaka irenga 11 ategereje.

Icyamamare muri muzika ya Nigeria David Adedeji Adeleke wamamaye cyane ku izina rya Davido ari mu byishimo bihambaye nyuma yo gutangazwa nk’umwe mu bahanzi bahatanye muri Grammy Awards 2023.

Davido wari amaze imyaka 12 yose ategereje kuba umwe mubahatanye muri Grammy Awards yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko yishimiye bikomeye kuba ahatanye mu byiciro bitatu mu bihembo byubashywe cyane ku Isi bya Grammy Awards 2023.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni mu gihugu hose: MeteoRwanda yatangaje iteganyagihe ryo kuva tariki ya 11-20 z’uku kwezi

Amerika n’u Bwongereza baburiye abaturage babo bashukwa n’inkumi z’i Kampala zibajyana mu iserukiramuco rizwiho kuberamo ibikorwa by’ubusambanyi