in

Umuherwe Rujugiro Ayabatwa yitabye Imana

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki ya 16 Mata, nibwo hasakaye inkuru ko umuherwe Ayabatwa Tribert Rujugiro  yitabye Imana.

Abantu be bahafi nibo batangaje aya makuru, gusa ntibatangaje icyamwishe. Uyu Rujugiro yitabye Imana nyuma y’imyaka myinshi yari amaze aba hanze y’u Rwanda.

Uyu muherwe yamenyekanye mu gushora imari mu bintu bitandukanye cyane cyane ubucuruzi bw’itabi, mu Rwanda, mu Burundi, Kenya, Uganda, Angola, Africa y’Epfo n’ahandi.

Uyu mugabo yitabye Imana ku myaka 82 y’amavuko.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyarwenya batandukanye bo muri Gen-Z Comedy basuye urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali – AMAFOTO

Paris Saint-Germain yasanze Barcelona yari imbere y’abafana bayo maze iyikorera remontada