in

Umugore yemeye ko yabeshyeye umugabo agafungwa imyaka 20 azira ubusa

Umugore wo muri Zimbabwe yemeye ko yabeshyeye umugabo umaze imyaka umunani muri gereza, wari warakatirwe imyaka 20 yo gufata ku ngufu.

Simbarashe Chadiwa yakatiwe igifungo cy’imyaka 20 kubera gufata ku ngufu umwana w’imyaka 10.

yasohotse afite isuku nyuma y’amakuba menshi kuri we n’umuryango we “Uwitwa ko yahohotewe” ubu afite imyaka 18.

Uyu mudamu akomeza avuga ko urupfu rwa nyina uherutse gupfa azize indwara idasanzwe rwamuteye kwatura. Yongeyeho ko hari  umupfumu w’umuganga wamubwiye gukora igikwiye.

Umuvandimwe  w’uyu wafunzwe, Tapiwa Chadiwa, yavuze ko mu mpera z’icyumweru gishize ubwo basuraga gereza nkuru ya Harare.

Bari bafite inkuru nziza y’uko uwashinjwaga Simbarashe Chadiwa  kumufata kungufu ubu yicujije icyaha ko yabeshye urukiko kandi akaba yiteguye no kubihanirwa.

 

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore uko byagenze kugira ngo uwibye miliyoni 8 Miss Aurore afatwe

Umugabo wirukiye impunzi agata Umugore arimo kwicuza cyane