in

Umugore yateje imvururu kubera inzoka ye bishe

Akenshi abantu bakunze kuvuga ko abantu bagira imbaraga z’umwijima bakoresha zimwe mu nyamanswa ziteye ubwoba cyane bigatuma na bamwe bikururira abakiriya cyane.

Mu gihugu cya South Africa umugore yateje imvururu nyuma y’uko asanze inzoka ye yamuhaga ubukungu yishwe hanyuma ateza imvururu mu bantu karahava.

Gogo Bathini ni umurozi wakoreshaga inzoka mu kwiha no gutanga ubukungu kubamugana nyuma yo gusanga inzoka ye bayishe, yasutse amarira ndetse n’agahinda gakomeye cyane.

Abantu bumiwe bakubitwa n’inkuba kubera ukuntu uyu mugore yababaye cyane kandi hari n’ushobora kwitaha Imana ntababare bigeze aho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Manchester united ihangayikishijwe n’amafaranga ya FC Barcelona

Mohamed Salah yongereye amasezerano muri Liverpool ahita yandika amateka mashya muri iyo kipe