in

Umugore yatanze akazi ku bagore bifuza kuba inshoreke y’umugabo we bagahabwa akayabo

Umugore yavuze ko atagishoboye guhaza irari ry’umubiri w’umugabo we bityo akaba yahisemo kumushakira abandi bagore bo kumumara irari ndetse n’ipfa aba afitiye abandi bagore.

Ni umugore ukomoka mu gihigu cya Thailand kubera ikibazo cy’uburwayi, ntago agishoboye guhaza irari ry’umugabo we akaba ariyo mpamvu yahisemo kumushakira izindi nshoreke.

Pattheema Chamnan w’imyaka 44,yashyize aka kazi kadasanzwe kuri TikTok. Yasobanuye mu itangazo ko ashaka guha akazi abandi bagore ko gushimisha umugabo we kuko ubu adashobora kumuhaza wenyine.

Ati: “Ndashaka guha umugabo wanjye inshoreke 3.” Ugomba kuba ufite hagati y’imyaka 30 na 35 kandi warize ufite impamyabumenyi kugira ngo wemererwe.

Yavuze ko kandi agomba kuba ari nta ndwara zindi arwaye ndetse ari nta bindi bibazo afite by’ubuzima akajya ahembwa amadorali 415 ubwo ni (415,000rwf) agacumbikirwa, akagaburirwa ku buntu.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yasanzwe yapfuye nyuma yo kwiha akabyizi ku mugore bari baratandukanye

Clarisse Karasira yasamiwe mu kirere nyuma yo kuvuga ko agiye gusiba konti ye ya Twitter