in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umugore yashyingiranwe n’umuhungu we yibyariye kubera impamvu isekeje.

Umugore ukomoka muri Malawi yemeye gushyingiranwa n’umuhungu we nk’igihembo cyuko yamurihiye amafaranga y’ishuri.

Uyu mugore w’imyaka 47 y’amavuko yateye abantu uburakari muri Malawi no hanze yiki gihugu nyuma yo kurongorwa n’umuhungu we w’imyaka 30.

Uyu mugore bivugwa ko yatangaje ko yahisemo gushakana numuhungu we kubera ko yashakaga kugaruza amafaranga yamutanzeho amurihira ishuri.
Yagize:” nashoye amafaranga menshi mu burezi bwumuhungu wanjye,ni kuki yarongora undi mugore azi akazi katoroshye namukoreye?.ibi ntibyabaho!”

Abakoresha imbuga nkoranyambaga banenze cyane uyu mugore bamushinza guhatira umugore we kumurongora.Bavuga ko nta musore muzima wakwemera gukora aya mahano.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni yakoreye ibidasanzwe umugabo we ku munsi w’ubukwe bwabo, asuka amarira mu ruhame (Video).

Anita Pendo yavuze uko yabwiye abana be nyuma yuko babonye ko Papa wabo yambitse impeta undi mukobwa