in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umugore yasanze mu nzu indaya imuca inyuma ku mugabo we,ihita ikora ibintu bidasanzwe.

Umugore yinjiye mu rugo rwe akomanga,asanga umugabo we ari kumwe nundi mugore bamuca inyuma ,icyo iyo ndaya yakoze yahise isimbuka etaje igwa hasi abandi basore bayisama.

Ni mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugore wari utashye avuye mu kazi agasanga inzugi ziwe zikinze hanyuma yakomanga ,abari bari mu byabo mu nzu,bagashaka uburyo birwanaho.umugabo nyiri urugo agaragara akingurira umugore we,yakwinjira ya ndaya nayo igaca mu nzu yo hejuru,abari basi bakamufasha gucika.Uyu mugore wasambanaga n’umugabo wabandi byarangiye yihishe mu gikarito cyari hanze kuko yari yambaye imyenda yimbere gusa,ibintu byatumye nyiri urugo(umugore) akomeza kumuhiga.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Video: ibyo abakongomani bakoreye muri Kigali Arena nyuma yo gutsinda umukino

Imfungwa yamize telefoni.