in

Umugore yapfuye ubwo yageragezaga guterura icyuma cy’ibiro 400 muri gym.

Iyi nkuru ibabaje yabereye muri Fitness gym sport iherereye  mu gace ka Palavillo mu mujyi wa Mexico city muri Reta z’unze ubumwe za Amerika, ibi biro 400 yagerageje kuviterura ubwo yashakaga kwereka umukobwa we uko bakora siporo mu buryo bugezweho.

Uyu mugore ubwo bari bari muri Fitness sport Gymnasium muri Mexico city, akaba Yakomeje kugerageza guterura kino cyuma gusa bikaza kugaragara ko kiremereye k’uburyo budasanzwe.

Icyuma nyuma cyaje k’umucika mu ntoki kiramanuka kinutsikamira ku ijosi, kiramunuga mpaka apfuye ibye biba birarangiye.

Ku mafoto yagiye hanze yagiye agaragaza uyu mugore icyuma cyamutsikamiye ku ijosi gusa abari bari muri gym bagerageje kumukuraho icyo cyuma ariko viramga n’ubundi arapfa, ndetse mu mashusho hagaragaramo umusore umwe ageragezwa kureba aho icyuma cyari cyamusigiye igisebe.

Uyu mugore utabashije kuvungwa Amazina akaba yari umugore uri mu kigero cy’imyaka hagati ya 35 ndetse na 40 ubwo aka kaga kamugwiraga.

Mu mashusho yagiye hanze akaba yagaragaje umugabo umwe ari kumwerekera uko baterura icyuma gusa mu gihe yabigeragezaga bikaba bitagenze neza kuko icyuma cyagise cyimugwaho.

Umukobwa w’uyu mugore akaba yagaragaye yafashe n’igahahamuka ndetse bakaba bahise bamushakura umuganga mu byo mu mutwe.

Nyiri iyi Fitness sport Gymnasium akaba yahise afungwa kugirango hakurikiranwe I iranga uyu gore ndetse ngo n’iperereza rikomeze mu mutuzo.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Exclusive: As Kigali imaze gusinyisha Rutahizamu M.Sarpong

« Akoshe Mana… ampuculi » – Amafoto y’umwana w’imfura wa Platini na Olivia yashyizwe hanze