in

NDASETSENDASETSE

Umugore yakoranye ubukwe n’ifoto y’umukunzi we.

Uyu mugore yavugishije abantu ku mbuga za internet nyuma yuko akoranye ubukwe n’ifoto y’umukunzi kuko uwo mugabo yari yamubwiye ko adashobora kuboneka bitewe n’uko ahugiye kukazi kenshi adashobora gusiga. Uyu mugore ngo yahuriye nuwo mugabo kuri facebook maze bemeranya kubana, bateguye ubukwe ndetse umugabo arabyemera, aranamufasha yohereza amafranga yo kubutegura ariko kumunsi w’ubukwe biza kumenyekana ko atazaba ahari.

Abantu benshi ntibavuga rumwe kuriyi ngingo, ndetse hari n’abadatinya kuvuga ko amakosa no guhubuka bisigaye bikorwa mu mibanire ya benshi ari kimwe mu bituma, hasigaye hariho na gatanya nyinshi, kuko benshi bishimira gukora ubukwe, ariko si benshi baba bazi inzira bigabije uko ihagaze mu by’ukuri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mukobwa wakoranye ubukwe bw’ikinyoma na Rocky asabye abasore bose ikintu gikomeye.

Abakobwa biga muri kaminuza barwanye inkundura bapfa umugabo.