in

Niwe muhanzi wenyine ubikoze ari mu Rwanda! The Ben yaciye agahigo kadafitwe n’undi mu hanzi wese uba mu Rwanda

Umuhanzi The Ben uherutse gukora ubukwe ndetse nyuma yaho gato agahita asohora indirimbo akayita “NI FOREVER”, yaciye agahigo ko kurebwa n’abantu benshi mu minsi mike cyane.

Ni ibintu bitigize bibaho mu bahanzi bo mu Rwanda, kuba umuhanzi yakuzuza abantu bamurebye kuri YouTube bagera kuri million mu minsi 4 gusa.

Iyi ndirimbo ya The Ben yanagaragayemo umugore we Pamella, yaciye aka gahigo irebwa n’abantu million 1 mu minsi 4 gusa. Ubundi ibi bisanzwe bikorwa n’umuhanzi Meddy gusa, ariko mu bahanzi batuye mu Rwanda ntanumwe ujya ubibasha.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yaciye inyuma umugabo we kubera atazi gutera akabariro maze bahita bamutera inda y’abana batanu none ari gusaba

Bazindukira ku ndege nabo! Indaya zo mu Karere ka Gatsibo zakuye amaboko mu mifuka zikora iseta abagabo basazwe n’irari bazisangaho zikabamara ipfa