in

Umugore washakanye n’abagabo batanu ari mu rujijo rwo kumenya uwamuteye inda.

Umugore ukiri muto washakanye n’abagabo batanu ari mu rujijo rwo kumenya uwamuteye inda kuko ngo bose baryamana na we buri munsi.Inkuru itangaje y’uyu mugore utatangajwe amazina ni uwo muri Afurika y’Epfo.

Uyu mugore bivugwa ko akiri muto kuko afite imyaka 35 y’amavuko mu gihe abagabo be bose uko ari 5 buri umwe ari hejuru y’imyaka 50 y’amavuko. Kuba atwite ntashobora gutunga agatoki umwe mu bagabo baryamana ngo ashimangire uwamuteye inda, kuko ari mu rujijo nubwo ruzakemuka mu minsi iri imbere.

Umuco wo gushaka abagabo benshi hari bamwe bawukurikiza muri Afurika y’Epfo. Umugore umwe ku bagabo benshi, ni umuco usanga benshi badakunda dore ko nko mu Rwanda baba bafite imvugo igira iti: “Hari ibidasangirwa” baba bashaka kuvuga ko umugore ari uw’umuntu umwe rukumbi aba yarishakiye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akamaro gahambaye ko kurya ibinyomoro buri munsi .

Ibyiza ushobora kuba utazi byo gukundana n’umuntu uba kure yawe.