in

Umugore wabyaranye na Ronaldo agiye kwibagisha yongere abe isugi

Ni inkuru yitangarijwe na nyirayo ko arimo arutegura kongera kubagwa hanyuma agasubirana ubusugi bwe akaba atazongera gukora imibonano mpuzabitsina atari yashakaga umugabo.

Uyu mwubatsi w’umubiri ukomoka mu gihugu cya  Brazil wabyaranye umuhungu n’uwahoze ari kizigenza mu mupira w’amaguru Ronaldo Nazario,  avuga ko yakoze ibi mu rwego rwo kugira ngo ashyingirwe mu rusengero nk’uko yemera.

Ati: “Ndashaka kuzakora imibonano mpuzabitsina nyuma yo gushyingirwa mu rusengero.Ntabwo mfite isoni zo kubivuga kuko aricyo nifuza rwose”.

Aba bombi (Ronaldo Nazario na Michel Umezu) ntibakundanye cyangwa ngo bashyingirwe nyuma yo kuryamana,ndetse Ronaldo yahakanye ko ari se w’uyu mwana kugeza igihe yapimishije ADN mu 2010.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Andi makipe abiri y’ibihangange akomeje kurwanira Essomba Onana wa Rayon Sports

Amafoto: Indege yanze kugenda abagenzi bahuza imbaraga barayisunika bagenda bayurira igenda gake gake