in

Umugore mushya wa Kanye west yafashwe n’ubwoba bwinshi ubwo bari bicaranye baganira -AMAFOTO

Umuraperi Kenye West n’umugore we mushya Bianca Censori bagaragaye kuri sitasiyo ya esanse i Los Angeles, umugore yafashwe n’ubwoba,mu gihe barimo kuganira.

Mbere y’uko bajya gushyira esanse mu modoka, babanje guca mu iduka, West afata ako kunywa agenda mu modoka agafata.

Ubwo bari kuri sitasiyo bategereje ko imodoka yuzura, baganiraga ariko umugore bigaragara ko ahangayitse.

Bianca umugore mushya wa Kenye West ni ubwa kabiri agaragaye mu ruhame nyuma y’uko bakoze ubukwe mu ibanga muri Mutarama uyu mwaka.
Abantu bakomeje kwibaza uburyo umugeni ukiri mu kwezi kwa buki yagaragara ahangayitse nk’uko Bianca Censori w’imyaka 27 yagaragaye ameze mu ruhame.

Aba bombi bakaba barahuye mu Gushyingo 2020 ubwo Bianca yavaga muri Australia, akimukira muri Los Angeles gukorera Kanye West nk’umuyobozi ushinzwe ubwubatsi muri sosiyete ye yerekana imideli ya Yeezy.

Bombi bakaba barakoze ubukwe butamenyekanye nyuma y’uko West atandukanye n’umugore we Kim Kardashian muri 2022 babyaranye abana bane.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wasoromaga icyayi yaguye amarabira ahita ashiramo umwuka, icyo yazize nacyo cyaje kumenyekana 

Pep Guardiola mu bwishongozi bwinshi yasubije abamubajije impamvu yanze gusimbuza umukinnyi n’umwe ubwo RB Leipzig yamunigaga