in

Umugore ari mu gahinda kenshi nyuma yo kumenya ko umugabo we yarongoye nyir’ibyondo

Umugore yashyize hanze agahinda afite nyuma yo kumenya ko umugabo we yamutaye akajya kwibanira na nyir’amazu bakodeshaga.

Umugore wo muri Zambiya,witwa Trizah Chilanda, avuga ko we n’umugabo we bari bamaranye imyaka 16.Nk’uko ibitangazamakuru byaho bibitangaza ngo yatangaje ko yamwirukanye mu rugo rwabo maze ashyingiranwa na nyir’inzu.

Uyu mubyeyi w’imyaka 39 yahise yahukana asubira iwabo. ABN TV ya Zambiya ivuga ko Trizah yirukanwe n’umugabo we none uyu mugabo ari mu bihe byiza na nyirinzu bishyuraga ubukode.Kwirukanwa n’umugabo we ,bikaba byarashavuje cyane uyu mugore uvuga ko abayeho nabi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Musanze; Ya mbogo Vava yaririmbye yari yishe umuntu

“Iteka nzahorana nawe mukundwa” Akari ku mutima wa Clarisse Uwimana wasezeranye imbere y’amateko