in

Umugore arasaba gatanya nyuma y’aho umugabo we amwitiranya n’umu ex we

Umugore yavuze ko agiye gusaba gatanya kubera ko umugabo we akunze kumwita amazina y’uwahoze ari umugore we batandikanye akaba akeka ko agikunda umugore we wa kera(ex).

Umukoresha wa Twitter yagiye ahagaragara maze avuga ko nyirasenge agiye gutandukana numugabo we bamaranye imyaka 8 Ariko akaba agitekereza umugore we wa mbere.

@ Oye440 muri tweet ye yavuze ko nyirasenge ashaka gutandukana n’umugabo we kuko yamuhamagaye mu izina ryuwahoze ari umukunzi we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa wa Bill Gates akomeje guca ibintu kubera gukundana n’umusore w’umwirabura

Yolo The Queen asabye abantu ikintu gikomeye cyane ku bw’urupfu rwa Yvan Buravan na Nkusi Thomas [Yanga]