in

NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Umugeni yaguwe gitumo aryamanye n’uwo bahoze bakundana ku munsi w’ubukwe bwe.

Uyu mukobwa utatangajwe amazina yaguwe gitumo arimo gusambana numusore bahoze bakundana kera(ex boyfriend)ku itariki ye y’ubukwe.

Ibi byabereye muri Nigeria aho bamwe bari bizihiwe bishimiye ubukwe bw’uyu mukobwa.Nibwo uyu mugeni yahise yinyabya hanze gato maze ajya guhura n’uwari umukunzi we w’akahise.

Bivugwa ko uyu mukobwa yari yahaye uriya musore gahunda yo kuza mu ibanga bakajya mu byabo.Abari batashye ubukwe ngo babonye umugeni atinze hanze barasohoka bajya kureba icyamubayeho.Mu kumushakisha basanze yazamuye ikanzu umusore yamuhereye inyuma ibyo bita “doggy style “.

Abari baje kwiyakirira mu rugo rushya rw’abageni ngo bahise bagwa mu kantu nyuma yo kubona ayo mahano ,Uwabaguye gitumo ngo ni nyina w’umuhungu, wagerageje kubihishahisha ariko biba iby’ubusa kuko n’abandi bari babaciye iryera.

Abantu benshi bari batashye ubu bukwe ngo batashye bijujutira ibi byabaye,bavuga ko uwo musore (ex boyfriend)atakabaye yatumiwe ndetse bakibaza amaherezo yuru rugo rushya.

Ese uri umugabo w’uyu mukobwa wakora iki?tubwire muri comment hasi gato.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Live: Rwanda 🇷🇼 vs Nigeria 🇳🇬 #africavolleychampionship

Mo Salah yanditse amateka muri ruhago.