in

Umugabo yirukanye umugore n’abana babiri mu mbeho y’ijoro abaziza ijambo bari bamubajije

Umugabo wo muri Leta Zunze Ubumwe za America yirukanye umugore we n’abana mu mbeho y’ijoro abaziza kuba umugore yamubajije  impamvu yatinze kugera mu rugo.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa tik tok ,agaragaza umugore ateruye umwana muto ,undi bisa nkaho ari imfura yabo ari kwigenza umugabo nawe arikubakurikiza imyenda abashinja agasuzuguro ko kumubaza aho yatinze .

Uyu mugore wari wuzuye agahinda kavanze n’amarira yakomeje kwibutsa umugabo we ko yamwitayeho agakora uko ashoboye ariko akaba amusohoranye mu nzu n’abana ,byongeye mu gihe cy’imbeho.

Icyababaje benshi ni uko umugore yakomeje kwaka  umugabo we  imfunguzo z’imodoka ye ngo abe ariho arara n’abana ariko n’ubundi umugabo akazimwima .

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amashirakinyoma ku bivugwa ko rutahizamu Essomba Onana yanze gukora imyitozo kubera ko hari amafaranga Rayon Sports itari yamwishyura

Kanye West utameze neza yongeye kugaragara mu ruhame arikumwe n’inkumi nyuma y’iminsi yaraburiwe irengero