in

Umugabo yibye amafaranga y’umugore we amuta mu isoko we n’abana barara hanze muri gare

Uyu mugabo n’uyu mugore babaga mu karere ka Nyagatare bajyiye inama yo kwimukira mu karere ka Musanze.

Bageze muri Gare uyu mugabo yavugze ko agiye kubitsa utuntu nibwo yagendaga umugore n’abana be bagasigara bamutegerereje baziko ahita agaruka.

Gusa icyaje kubayobera nuko bakomeje kumutegereza ariko nyiyigeze yongera kugaruka.

Uwo mugore yavuze ko yagiye amwibye ibihumbi ibihumbi 180 000frw yose kandi ariyo yonyine bari bimukanye.

Aya mafaranga umugore akaba yari ya yafashe mu itsinda kugira we numuryango we biteze imbere aho bari bimukiye.

Uwo mugore y’akomeje avuga ko uwo mugabo we yamusigiye ibiceri 4 bine imbere n’inyuma.

Ubu mugahinda kenshi afite we n’abana 3 nuko nta naho kuba bafite ubu bakaba baraye inyuma ya gare mu mbeho y’ubutita.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rusizi: basanze umurambo batazi mu rusengero rwa ADEPR

Rwanda: Ku myaka 54 yatunguranye ajya kwiga mu mashuri abanza