Umugabo umaze imyaka itatu ashakanye n’umugore we yashyize ahagaragara umugore we kubera ko yamuhishe ko arwaye virusi itera SIDA abimenya yashyize imyaka 3 yose.
Uyu mugabo yavuze ko Imana yamuhishuriye ibanga rye mu masengesho ye kandi akerekana aho uyu mugore yabitse imiti igabanya ubwandu bwa virusi itera SIDA (ARVs) .
Uyu mugabo yagiye ku mbuga nkoranyambaga maze yinubira cyane umugore we avuga ko nubwo yamwiyezeye akamuha umutima we, yamuhemukiye akamuhisha ko yanduye SIDA mu myaka myinshi.