in

Umugabo yataye umutwe ubwo ibisubizo bya DNA byerekanaga ko abana batatu yitaga abe atari be

Umugabo yabuze aho arigitira ubwo ibisubizo bya DNA byagaragazaga ko abana batatu yitaga abe atari we wababyaye.

Nk’uko umuntu ukoresha urubuga rwa Twitter, witwa @ SkhaloM8 yabitangaje uyu mugabo ngo yakoresheje ibizamini bya ADN inshuro eshatu ku bana be bose kandi ibisubizo byerekanaga ko atari abana be.

Ibi yabitangaje asubiza umudamu wanditse kuri Twitter ko ari ngombwa ko abagabo bakora ibizamini bya ADN ku bana babo niba hari icyo bakeka.

Bivugwa ko uyu mugabo utatangajwe amazina yabaye nk’utaye umutwe nyuma yo kumara igihe arera abana azi ko ari abe nyamara yishuka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kamanayo Yvonne witabiriye irushanwa rya #MissRwanda2022 akomeje kuvugisha abatari bake ku mbuga nkoranyambaga

Ishyano ricitse umurizo, mu Rwanda umukobwa n’umusore bifashe amashusho bari gukora ubusambanyi abantu bakubitwa n’inkuba