in ,

Umugabo yatawe muri yombi azira kujya mu ngo z’abantu akabakirigita ku mabuno

Polisi yataye muri yombi umugabo utuye mu mujyi wa Texas bitewe n’imyitwarire ye idafututse akora buri joro.

Uyu mugabo witwa “Booty tickler” azanzwe akora ibyo bikorwa aho ajya mu mazu y’abantu yitwikiriye ijoro maze akabakirigita mu mabuno mu gihe baryamye bagakanguka yagiye.

Igitangaje nuko abakorewe ibi arabagabo gusa kandi bikaba niba n’injoro. Abantu bari bamaze gutinya uyu “Booty tickler” kugeza aho baryamisha umugongo gusa ijoro ryose.

Ibikorwa byuyu mugabo bikaba byarangiye ubwo Polisi yamutaga muri yombi ahagana sa kumi nimwe za mugitondo. Uyu mugabo akaba asanzwe ari inzererezi. Kurubu akaba afungiwe kuri Polisi ya Dallas.

Abantu kugeza ubu bakaba batuje Kandi basinzira neza n’injoro kuko baziko Polisi yataye muri yombi uyu mugabo wajyaga abakirigita.

 

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yashiritse ubute yisabira umusore wese witeguye ko yaza akamugira umugore

Ubuhanga bw’umukobwa uca mu nsi y’imodoka buratangaje(Video)