in

Ubuhanga bw’umukobwa uca mu nsi y’imodoka buratangaje(Video)

Shemika Charles, ufite imyaka 26, yerekanye ubuhanga bwe budasanzwe, ubwo yacaga mu nsi y’imodoka kandi afite ibikombe birimo icyayi mu ntoki.

Video irerekana uwiyise Umwamikazi wa Limbo ,ukomoka muri Nigeria, afite ubuhanga butangaje aho azi kuringaniza umubiri we cyane maze akabasha guca munsi yimodoka agendesha amavi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo yatawe muri yombi azira kujya mu ngo z’abantu akabakirigita ku mabuno

Umubyeyi wacuruzaga ibigori n’ibisheke ibimubayeho birashimishije(Video)