in ,

Umugabo Yatangaje Ko Ari Lusiferi Maze Asaba Abantu Gusenga Ibirenge Bye Maze Ibyifuzo Byabo Bigasubizwa

Umugabo uharanira uburenganzira bw’abagabo baryamana nahuje igitsina , Bisi Alimi, yatangaje ko ari Lusiferi kandi asaba abantu gusenga ibirenge bye kugira ngo ibyifuzo byabo bibe byasubizwa.

Mu nyandiko yashyize kkuri Instagram yishimye, Alimi yavuze ibintu bitandukanye nibyo abakristo benshi bizera, ko Lusiferi shitani, ahibwo we we yizera ko atari satani cyangwa ikibi.

Yasangije ifoto ye abamukurikira yambaye imyenda gakondo itukura, yaranditse ati

“Muraho Muraho ni LUSIFERI- Bisi Alimi. Nicaye ku ntebe yanjye y’ubwami! Icyubahiro. Yashyizwe hejuru. Icyubahiro. Kuramya. Nicaye ku ntebe yanjye y’ubwami! NDI LUSIFERI.”

“Mwunamire ibirenge byanjye, muramye ibirenge byanjye Kandi ibyifuzo byanyu birasubizwa! Kuberako NDI LUSIFERI. Ntabwo ndi shitani, cyangwa ikibi.”

“Ndi mwiza cyane muri byose. Mfite ubwiza buhebuje muri bose. Itara ryaka rya bose. Inyenyeri yo mu gitondo.”

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Mu Rwanda: nta mufana wemerewe kwinjira muri stade

Breaking news: Eric nshimiyimana yeretswe umuryango usohoka muri Ac Kigali nyuma yo gutsindwa na Rayon Sport Fc