in

Umugabo yashyizwe mu bagabo batazibagirana nyuma yo kwerekana uburebure bw’ururimi rwe benshi bavuze induru

Nick Stoebr yashyizwe mu bagabo batazibagirana nyuma yo kuba afite ururimi rurerure kurusha abandi bagabo bose ku isi.

Uyu mugabo ukomoka muri Leta zunze ubumwe z’Amerika yashyizwe muri iki gitabo nyuma yo kuba afite ururimi rureshya na sentimetero 10 n’igice kimwe mu gihe
usanzwe agira ururimi rungana na sentimetero 3.97.

Ibi uyu mugabo yagaragaje, bigaragara ko ntawundi mugabo uzigera abaho waba afite ururimi rureshya gutya nubwo benshi bahise bemeza ko uyu atari umuntu nyamuntu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Todd Boehly nyuma yo kuburira ibyishimo muri Chelsea agiye kugura indi kipe i Burayi

“Umva uzanshakire agashinga nkora niba ibyo nkora bitakunyuze” Alliah Cool yamaze amatsiko abibaza akazi yakoze kugirango yubake umuturirwa