in

Umugabo yarize nk’uruhinja ubwo yasangaga umugore we amuca inyuma igitanda cye bakivunnye.

Mu mashusho yasakaye ku mbuga nkoranyambaga agaragaza umugabo arira nk’uruhinja nyuma yo gufata umugore we aryamanye n’undi mugabo maze ababazwa n’uko bamuvuniye igitanda mu gihe bateraga akabariro.

Uyu mugabo utatangajwe amazina ariko wo muri Nigeria yumvikana avuga ko yinjiye mu nzu ye ,ageze mu cyumba asanga harimo undi mugabo aryamanye n’umugore we , ubwo bagundaguranaga igitanda cyabo kikaba cyarahise kivunika.

Ni amashusho yashyizwe hanze numuntu koresha twitter witwa ichie Bullion . Muri aya mashusho Uyu mugabo wacaga inyuma umugeni we, agaragara yaciye ku buriri yambaye ubusa arwana no kugirango camera itamufata.Nyiri urugo yumvikana arira ATI:” byihorere, uyu mugabo arariha igitanda yangije “

Abatanze ibitekerezo babuze ko batangajwe n’uburyo uyu mugabo yari ahangayikishijwe nigitanda cyavunitse kurusha umugore we wamuciye inyuma.

Kanda aha urebe uko byagenze.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugeni yabuze umugabo we asezerana n’ifoto(Video)

Naby Keita yafashije Guinea gutsinda Amavubi [Amafoto]