in

Umugabo yaratiye bagenzi be ubwiza bw’umugore we yarongoye

Umugabo wo muri Afurika yepfo uzwi ku izina rya Themba Tom Ntuli yirase ku bandi bagabo avuga uburyo yashatse umugore w’ikibasumba.

Uyu mugabo yagiye ku mbuga nkoranyambaga kwishimira mugenzi we ko buri gihe amutera inkunga y’amafaranga, asobanura ko ari umufasha we mwiza.

Nk’uko uyu mugabo abivuga, umugore we amufasha muri byose ndetse ngo niyo basohokanye umugore agira uruhare mu kwishura ibyo bombi bararya.

Themba yatangaje yishimye ko ari umugore umukunda kandi amushimira.

Mu nyandiko yanditse ku rubuga rwe rwa Facebook, umugabo wishimye yasangije abamukurikira ibihe byiza agirana n’umufasha we ndetse aratira abandi bagabo ko umugore we amutera inkunga mu buryo bwose.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AS Kigali itangiye gutsikira mu rugendo rwo gushaka igikombe yateguye Inama ikomeye, dore ibiri kumurongo w’ibyigwa

Rulindo:Abagabo bane bakurikiranyweho icyaha cyo kwica mugenzi wabo bamushinja kwiba Intama bireguye bavuga ko birwanagaho