in

Umugabo yakatiwe gufungwa imyaka 3 ashinjwa kutishyura amafaranga yose yari yavuganye n’umukobwa ukora umwuga w’uburaya baryamanye igihe kingana nk’isaha yose

Umugabo w’imyaka 40 witwa Abdul Rahman Karim wo muri Singapuru yakatiwe gufungwa imyaka 3 n’iminsi 71 nyuma yo kwanga kwishyura umukobwa ukora umwuga w’uburaya baryamanye igihe cy’isaha yose.

Uyu mugore wicuruza (Indaya) ukomoka muri Australia wari mu biruhuko muri Australia bari bavuganye ko amwishyura amadolari 700 ku isaha bakora imibonano maze umugabo asoje ibyo akora amwishyura amadorari 2 gusa.

Ntabwo ari ubwambere Abdul Rahman Karim yari afunzwe azira kwanga kwishyura abakora ubura ya. Nk’uko CNA ibitangaza, yemeye icyaha kimwe aregwa cyo kwanga kwishyura ku bushake amadorari 700 uwo baryamanye.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hadateye kabiri, Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yarezwe mu rukiko

Yari afite akanyamuneza, Elia w’imyaka 3 wagiye kwiga mu kigo cy’abana b’abakire yambaye imyenda isa nabi ndetse n’ibirenge, yatangiye ishuri muri cya kigo yari yagiyemo kuvumbayo