in

Umugabo yahawe igihano gisekeje n’umugore we mu gicuku

Umugàbo yatangaje uburyo yarajwe hanze mu mbeho azira ko yagiye impaka numugore we akamutsinda.

Umugabo witwa Young Kemt, yagiye ku mbuga nkoranyambaga kugira ngo agaragaze ingaruka yagize nyuma yo gutongana n’umugore we.

Uyu mugabo ngo yatsinze umugore we mu mpaka zabaye nijoro maze ahatirwa kuryama hanze mu mbeho ijoro ryose.

Umugabo yasangije amafoto ye aryamye ku musego hanze nyuma yo gusorwa mu nzu n’umugore we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuryango w’abanyamakuru babiri bakomeye bo mu Rwanda uri mu byishimo bikomeye

Shitani yazamutse: abantu bishwe n’ubwoba kubera imizimu