Ubuzima
Umugabo yaciye ibintu nyuma yo kwifotoza yigize umugore utwite ngo bamuhe amafaranga.

Uyu mugabo yaciye ibintu ubwo yifotozaga yigize umugore utwite kugirango atabura amafaranga yari yatanzw kumugore we utari wabonetse ngo yifotoze.
Umugabo witwa Valentin Bosioc kuri Facebook yatumye benshi bacika ururondogoro ubwo yashyiraga hanze amafoto y’uyu mugabo wifotoje nk’umugore utwite mu rwego rwo gusimbura umugore we utabonetse.
Uyu mugabo yishyuye gafotozi amafaranga kugira ngo aze gufotora umugore we utwite amafoto yerekana inda yo gusangiza inshuti ze ariko ngo uyu mugore ntiyabonetse bituma umugabo yanga guhara amafaranga ye.
Uyu mugabo watangaje iyi nkuru yavuze ko uyu mugore yanze kwitabira uyu muhango ariko umugabo kubera ko yari yishyuye amafaranga menshi yanga kuyahara ariyo mpamvu yahisemo kwifotoza ameze nk’umugore utwite.
Uyu mugabo yifotoje amafoto menshi yambaye ubusa hejuru ndetse ku nda ye ahashyira indabo nkuko abagore batwite basanzwe babigenza.
Benshi mu babonye aya mafoto y’uyu mugabo bayishimiye kubera ko afotoye neza.umwe yagize ati “Ni byiza.nkunze aya mafoto.Undi yagize ati “Ndabona ukuntu yari yishimye…Ni byiza ko umuntu yishimira ibihe arimo..Amafoto meza.”
Comments
0 comments
-
urukundo20 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima20 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze8 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga13 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho19 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda8 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda8 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana