in

Umugabo w’umutima mwiza akomeje gukora abatari bake ku mutima nyuma yo gufata umukobwa wanywaga urumogi yibera no mu muhanda akamuhinduramo umugore mwiza ushyitse kandi ushima Imana (AMAFOTO)

Umugabo w’umutima mwiza akomeje gukora abatari bake ku mutima nyuma yo gufata umukobwa wanywaga urumogi yibera no mu muhanda akamuhinduramo umugore mwiza ushyitse kandi ushima Imana.

Lizzy, umukobwa w’imyaka 29 wo mu gihugu cya Nigeria wari warabaswe n’ibiyobyabwenge yavuye ibuzimu agaruka ibuntu abifasjijwemo n’umugabo wamutoraguye akamwondora.

Uyu mukobwa yagaragaye mu mashusho ateye agahinda mu mwaka wa 2018, icyo gige yari ahuye n’umugabo w’umuvugabutumwa muri Nigeria uzwi ku mazina ya Pasiteri Tony Rap.

Icyo gihe uyu mukobwa yakoreshaga ikiyobwabwenge cya Cocaine abivanga n’itabi ry’urumogi.

Icyogiye uyu muvugabutumwa yiyemeje gukura uyu mukobwa muri ubwo buzima, amujyana iwe, amwigisha gusenga umukobwa arahiduka.

Pasiteri Tony Rapu yasangije amafoto mashya ya Lizzy avugako ubu ari umugore wishimye kandi ushima Imana.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni akazi nk’utundi twose! Uratungurwa ukibona ibihugu bya mbere ku isi byemeje ko uburaya ari akazi nk’utundi bukaba bunasora amafaranga afasha igihugu gutera imbere

Umusore ufite impano idasanzwe, yashushanyije ibyamamare 10 akunda harimo na Nyakubahwa Pres. Paul Kagame – AMAFOTO