in

Umugabo w’imyaka 53 akurikiranweho gusambanya umwana w’imyaka 10 ufite ikibazo cyo kutavuga neza.

Mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Nyarugenge Akagari ka Biryogo mu Mudugudu wa Nyiranuma haravungwa inkuru y’umugabo w’imyaka 53 akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka 10.

RIB yatangaje ko byabaye ku wa 5 Mutarama 2024, mu gihe uwafashwe afungiye kuri sitasiyo ya Nyarugenge mu gihe dosiye ye iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha mu gihe cyagenwe n’itegeko.

RIB yatangaje ko byabaye ku wa 5 Mutarama 2024, mu gihe uwafashwe afungiye kuri sitasiyo ya Nyarugenge mu gihe dosiye ye iri gutunganywa kugira ngo ishyikirizwe Ubushinjacyaha mu gihe cyagenwe n’itegeko.

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali umwana wa Afande yibye imbunda ya Se arirasa ahita apfa

Guhera tariki ya 18 Gashyantare 2024 ,Tour du Rwanda iratangira reba inzira zizaberamo iri siganwa.