in

Umugabo w’imyaka 30 ufite umugore uri kwitegura kubyara, yafashwe ari gusambanya umwana w’imyaka 2

Umugabo w’imyaka 30 ufite umugore uri kwitegura kubyara, yafashwe ari gusambanya umwana w’imyaka 2.

Umugabo w’imyaka 30 witwa Buguwa Kwaji,ukomoka mu mujyi wa Adamawa muri Nigeria yatawe muri yombi nyuma yo gusambanya umwana w’imyaka ibiri.

Polisi yo muri Adamawa yatangaje ko uyu mugabo yajyanywe kuri polisi n’ababyeyi b’umwana wahohotewe. Uyu mugabo ageze kuri polisi yiyemereye icyaha.

 

Imbere y’itangazamakuru uyu mugabo yavuze ko inzoga arizo zamwoheje. Yagize ati ” Ubwo nari nanyweye nasinze, umwana yaje ansanga aho narindyamye atangira gukinira ku mubiri wange, uko akomeza kunyiniraho kwihangana byaranze nanirwa no kwifata bituma musambanya”.

Yakomeje avuga ko ubwo yari ari gukora ibi bikorwa biteye isoni, mukuru w’umwana ko ariwe wamufashe ndetse aramuhururiza.

Amakuru ahari avuga ko uyu mugabo afite umugore utwite inda nkuru ndetse witegura kubyara nkuko byatangajwe n’abatanga buhamya.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Iradukunda Elsa wa Prince Kid yamutwaye ikamba: Simbi Fanique witabiriye miss Rwanda 2017 yabaye Dr mu kubaga byemewe n’amategeko [AMAFOTO]

Ange Kagame na Mama we bifatanyije n’inshuti n’umuryango wa Amb. Venetia Sebudandi uherutse kwitaba Imana, mu muhango wo kumusezera bwa nyuma [AMAFOTO]