in

Umugabo wari ufite ubumuga bw’ubugufi, yashoye arenga miliyoni 150 kugira ngo abukire (AMAFOTO)

Moses Gibson w’imyaka 41 yavuze ko yashoye amafaranga arenga ibihumbi $170 arenga miliyoni 170 z’amafaranga y’u Rwanda.

Gibson yavuze ko yagorwaga no guhagarara mu ruhame bituma ajya kwibagisha aho yongereweho inch 5 ku burebure bwe bw’amaguru n’ibirenge.

Uyu mugabo usanzwe ari enjeniyeri mu by’ikoranabuhanga, yavuze ko yakoze amanywa n’ijoro kugira ngo azigame ibihumbi $75 mu gihe cy’imyaka itatu.

Uyu yabazwe bwa mbere muri 2016 aho yongereweho inch 3 ku burebure bwe atanga $75,000 ni uko muri uyu mwaka yangeye kubagwa ahabwa inch 2 nabwo atanga $98,000.

 

 

 

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Abagore barwanye inkundura ivumbi riratumuka kugeza aho umwe yahise ahasiga ubuzima

Mugore nawe wabyara impanga: Ubushakashatsi bwerekanye ibyo kurya warya niba ushaka kubyara abana b’Impanga

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO