in

“Umugabo wanjye aha amafaranga iwabo njyewe akayanyima” umugore ararira mu myotsi

Umugore arimo kuririra mu myotsi nyuma yaho umugabo we atangiye guha amafaranga menshi ababyeyi be buri kwezi akibagirwa umugore n’abana .

Umugore wo muri Nijeriya yagiye ku mbuga nkoranyambaga agisha inama abakoresha imbuga nkoranyambaga ku cyemezo cy’umugabo we cyo kudatekereza guha umuryango we amafaranga yose.

Yagaragaje ko umukunzi we bashakanye amezi atandatu yinjiza umushahara wa 280.000 buri kwezi kandi akamuha amafaranga 15,000 mu mafaranga yose ahembwa andi akayaha iwabo(aho avuka)

Uyu mugore akaba avuga ko umugabo we yarahiye ko atazamuha amafaranga menshi.Kuko ayihera papa na Mama be kandi afite urugo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hasohotse andi mafoto yerekana ubugome budasanzwe Weasel yakoreraga Teta Sandra

Amakuru meza cyane ku muhanzi The Ben