in

Umugabo wa Marina yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko

Ku munsi w’ejo nibwo Umuhanzikazi uri mu bakunzwe Marina yagize isabukuru y’amavuko aho benshi mu byamamare bamwifurije isabukuru nziza.

Yvan muziki wavuzwe mu rukundo rw’ibanga na Marina yanze guhisha amarangamutima ye maze anyura kuri instagram ye yandika aya magambo “Isabukuru nziza y’amavuko mugore wanjye.Ramba , ugire amafaranga n’imigisha myinshi “.

Marina na Yvan muziki bakunze kugaragara bari kumwe ahantu hatandukanye gusa banze kwerura ngo bemeze ko bari mu rukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari undi mugabo uri kumfasha ariko ndumva ntashaka gusenya || Nawe wamugira inama

Diamond yarwanye intambara n’ibisambo byari bije kumwiba