in

Umugabo bamusanganye ibyuma byashaje mu nda

Umugabo yatangaje abantu nyuma yo gusangwa mu nda ye harimo injyamani cyangwa se ibyitwa injyamani nyuma y’iminsi myinshi ataka mu nda cyane.

Ni umugabo uturuka mu gihugu cya Turukiya wari umaze iminsi ataka mu nda biba ngombwa ko ajyanwa kwa muganga kugira ngo yitabweho n’abaganga.

Mu kugera kwa muganga, abaganga bamubaze bamusangana ibyuma byashaje mu nda bigera kuri 233 harimo ndetse n’ibirahure by’amacupa.

Abantu bakimenya aya makuru, baguwe mu kantu kubera ukuntu bumvishe umuntu afite inyuma mu nda ye mu gihe inyuma zikorwamo indi nyuma.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kabaye: Ihene yavutse ifite amatwi maremare asumba umuntu ahagaze

Kabuga: Umukobwa yakubiswe urushyi kubera kwimana isosi