in

Umugabo ari mu marira nyuma yo kwishyurira ishuri inkumi azi ko bazabana ikamwanga

Upset stressed young african american man coping with strong headache concept, upset exhausted black guy feeling frustrated depressed tired touching forehead suffer from migraine, close up side view

Umugabo uzwi nka Cyril Tony yavuze uburyo umukunzi we yamennye umutima we nyuma yo kumurihirira amafaranga y’ishuri aziko bazabana bikarangira amwanze.

Uyu mugabo yagaragaje ko yishyuriye uyu mukobwa akajya yigomwa umushahara we, none ngo yamaze kurangiza amashuri amabwira ko atashakana n’umuntu utarize.

Nk’uko uyu musore abitangaza ngo buri kwezi yamuhaga 20.000 ariko nyuma akazamura amafaranga agera ku 50.000.

Usibye ibyo, yamwishyuye ubukode kandi amutera inkunga mu bucuruzi bwe kugira ngo abashe kumererwa neza mu bijyanye n’amafaranga, ariko igihe ibintu byatangiraga kumera neza, yemeje ko yamugiriye neza ariko batazakomezanya nubwo yari yaramwemereye kuzabana.

Uyu yavuze ko uyu musore atari mu rwego rwe ndetse ko batazigera babana.Cyril yanditse kuri twitter ; Ati: “Umuntu naretse kwinjira mu ishuri, umuntu natangaga 50k buri kwezi (natangiranye na 20k) umuntu namufashaga mubukode bwe, ubucuruzi bwe, mugihe atangiye gukora kundusha ati” mubisanzwe umukobwa wo mwishuri ryanjye ntagomba. kuba mukundana ”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

PNL:Rayon Sports yatangiye yiyunga n’abafana ubwo yakoraga mu matama Musanze FC

Umugabo yamaze imyaka myinshi yicuruza nk’indaya benshi bazi ko ari umugore