in

Umugabo akubise urushyi mugenzi we maze ahita ata ubwenge(videwo)

Ku mbuga nkoranyambaga hari guhererekanwa aka videwo kerekana umugabo w’umusore bigaragara ko yatamiye ari kurwana na mugenzi we w’urubavu ruto gusa birangiye uwo mugabo w’ibigango abantu bise Goriyati akubise umuto bise Zakayo.

Igihe barimo kwifora ngo barwane Goriyati uwo ahise afatirana Zakayo amukubita urushyi rwiza koko rwo mu gutwi maze Zakayo abura ubwenge arazengera, irebere nawe videwo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya Liverpool itsinzwe n’umwana yareze ariko ikamwima amahirwe yo gukina

BFace yakoresheje Alyn Sano nk’iturufu kugirango amenyekane.