in

Umufasha wa Meddy yavuze amagambo akomeye kuri Nyirabukwe witabye Imana

Nyuma y’uko umubyeyi wa Meddy yitabye Imana umufasha we yaciye ku rubuga rwe maze yandika amagambo akomeye ndetse ahumuriza Meddy n’abavandimwe be.

Mu magambo ye Mimi yavuze ko ibyumweru bitatu bishize byari igihe cy’amarira ndetse n’umutima ushengutse cyane ku muryango wabo.

Mimi yongera kuvuga ko yagize amahirwe yo kumenya Mama wa Meddy kuko yari umuntu ukunda abantu bose ndetse wita kubatoya ndetse n’abakuru.

Mimi yahamije ko ijuru ribonye intwali kuko mu bihe bamaranye yari umubyeyi udasanzwe kandi ugira urukundo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu ukomeye w’ikipe ya APR FC yabaye igitaramo mu bantu nyuma yo kwerekana ko ntakintu yafasha iyi kipe mu mikino ny’Afurika

Match day live🛑 : Rwanda vs ETHIOPIA CHAN 2023