in

Umufana yazanye itopito muri sitade arasa amabuye mu kibuga akomeretsa benshi

Abafana b’ikipe ikomeye muri Afurika, Nkana FC batumye yisanga mu byago byo kumanuka mu cya 2.

Mu mwaka ushize ubwo Nkana yari yakiriye Power Dynamos, abafana bateye amabuye mu kibuga bakomeretsa rutahizamu DERRICK BULAYA wa Green Eagles

Federasiyo ya Zambia yahanishije Nkana kudakinira ku kibuga cyayo muri 2023-24

Bayihanisha kandi gukina imikino 10 yo mu rugo nta bafana, inacibwa 50,000 Kwacha (2,693,487.19)

Bayitegetse gushaka ikibuga kiri kure ya Kitwe (Aho ibarizwa), byibura mu 60km.

Nkana ubu iri gukinira Lusaka, imaze gutsinda imikino 2 gusa, iri ku mwanya ubanziriza uwa nyuma.

Ubusanzwe Nkana FC ni ikipe y’amateka muri Zambiya kuko ibitse ibikombe 52, yashinzwe mu 1935

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umwunganizi mu mategeko wa Prince Kid yagize icyo atangaza kubijyanye no kujurira igihano cy’imyaka itanu cyakatiwe umukiriya we

Ifoto y’umwaka: Perezida Paul Kagame yagaragaye ari kugaburira umwuzukuru we