in

Umufana yafashe icyemezo cyigayitse kubera ikipe yihebeye

Umufana ukunda ikipe ya Boca Juniors muri Argentine yafashe umwanzuro wo kwiyahura bitewe n’uko ikipe ye yabuze Igikombe cya Copa Libertadores muri Amerika y’Epfo.

Ku tariki 03 Ugushyingo muri Stade Maracana iherereye muri Brazil habereye umukino wa nyuma w’Igikombe kiruta ibindi muri Amerika y’Epfo, Copa Libertadores. Uyu mukino wahuje Fliminse yo muri Brazil ndetse itwara Igikombe itsinze Boca Juniors ibitego 2-1.

Nyuma y’uyu mukino umufana w’imyaka 29 wa Boca Juniors yafashe umwanzuro wo kwiyahura nk’uko yari yarabisezeranyije Inshuti ze n’abo mu muryango we, bo bakagira ngo aratebya.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’uko Prince Kid akatiwe imyaka 5 muri gereza, Miss Kundwa Doriane yahagurutse

Umukobwa wari uri kwitegura ubukwe bubura ukwezi 1 yatewe inda n’umukozi wozaga ubwiherero bw’iwabo,  gusa nubwo yasebeje ababyeyi yavuze ikintu yakundiye uwo mukozi uwo bari bagiye gushakana adafite