in

Umucyo ku makuru y’uko The Ben n’umugore we bafungiwe muri Hoteli i Burundi babuze ubwishyu

Umucyo ku makuru y’uko The Ben n’umugore we bafungiwe muri Hoteli i Burundi babuze ubwishyu.

Jean de Dieu Dusenge, nyiri Now Now Company yari yateguye igiteramo cya The Ben i Burundi yahakanye ko nta muntu afitiye ideni.

Uyu musore, yahakanye ibyavuzwe ko hari abahanzi batishyuwe ndetse ko hari na Hoteli itari yishyuwe.

Yagize ati: “Niba abo tutishyuye ataribo babibabwiye mushaka iki?”

Ibi yabigarutseho nyuma y’amakuru yavugaga ko The Ben yafungiwe i Burundi muri Hoteli azira ubwishyu butari bwatanzwe n’uyu Jean de Dieu wari wamutumiye mu gitaramo i Burundi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Agiye kuza aje! Umuhanzikazi Dore Imbogo yatangaje ko amaze igihe ari gutegura ibihangano by’umwihariko bizaba bigezweho muri 2024

Kigali bikomeje kugorana! Amashusho y’umugabo wabuze aho yiyahurira maze yijugunya mu modoka itwara abagenzi rusange abantu bifata ku munwa – VIDEWO