in

Umucunguzi cyangwa ni umucuranzi? Umutoza w’umuzungu APR FC yahaye akavagari k’amafaranga agiye kuza mu Rwanda kuyibera Umucunguzi mu mikino nyafurika aho itakirenga umutaru

Umutoza w’umuzungu APR FC yahaye akavagari k’amafaranga agiye kuza mu Rwanda kuyibera Umucunguzi mu mikino nyafurika aho itakirenga umutaru.

Umunya-Serbia Ljubomir “Ljupko” Petrović wahoze atoza APR FC, ategerejwe i Kigali kuwa gatatu tariki 27 Kanama 2023 aho agiye kuyigarukamo ku nshuro ya gatatu nka “Manager”.

Petrović agiye kugaruka i Kigali ari kumwe n’abatoza bazatoza APR FC muri politiki nshya yo gukinisha abanyamahanga.

Uyu mutoza w’imyaka 76 yatoje APR FC inshuro ebyiri mu 2014-2015 atwarana nayo Igikombe cya Shampiyona no mu 2017-2018 ubwo yatwaraga ibikombe bibiri icya Shampiyona n’icy’Amahoro.

Nyuma yasubiye iwabo kubera ikibazo cy’uburwayi. Ubwo yatozaga APR FC yari yungirijwe na mugenzi we bakomoka mu gihugu kimwe Radanavic Miodrag.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi Murera izahagarikwa nande? Rayon Sports igiye gusinyana amasezerano n’umuterankunga umwe nuw’ikipe ya PSG

Kigali Pele Stadium iheruka kuvugururwa ishobora gufungwa ngo ivugururwe