Umuhanzi w’icyamamare Diamond platnumz ndetse akaba na rwiyemeza mirimo aho afite ibikorwa bitandukanye birimo Radio na wasafi Tv.
Diamond platnumz wagiye uvugwa mu rukundo n’umuhanzi Zuchu nyuma yo kugaragara ahantu henshi bahuje urugwiro.
kuri uyu munsi umubyeyi wa Zuchu uzwi ku izina rya Khadijah kopa yatangarije ikinyamakuru cya wasafi tv yagize ati”Nta rukundo nzi rw’aba bombi. kuko ibyo umukobwa wanjye yambwiye bitarimo”.
Khadija akomeza avuga ko nawe yagiye abibaza umukobwa we kenshi bitewe nibyagiye bivugwa ariko umukobwa we akamuhakanira.