in

Umubyeyi wa Zuchu yashyize hanze ukuri ku rukundo rwa Zuchu na Diamond platnumz

Umuhanzi w’icyamamare Diamond platnumz ndetse akaba na rwiyemeza mirimo aho afite ibikorwa bitandukanye birimo Radio na wasafi Tv.

Diamond platnumz wagiye uvugwa mu rukundo n’umuhanzi Zuchu nyuma yo kugaragara ahantu henshi bahuje urugwiro.

kuri uyu munsi umubyeyi wa Zuchu uzwi ku izina rya Khadijah kopa yatangarije ikinyamakuru cya wasafi tv yagize ati”Nta rukundo nzi rw’aba bombi. kuko ibyo umukobwa wanjye yambwiye bitarimo”.

Khadija akomeza avuga ko nawe yagiye abibaza umukobwa we kenshi bitewe nibyagiye bivugwa ariko umukobwa we akamuhakanira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda mu batarengeje imyaka 23 rugiye gutozwa n’umutoza ukomeye utari Carlos Alos Ferrer

Uko Bruce Melody yari yiteguye guhangana n’ibibazo yanyuzemo I Burundi n’amanyanga yakoresheje