in

Umubiri wa rutahizamu Raphael uherutse kugwa mu kibuga, wagejejwe mu gihugu avukamo utwikirijwe ibendera y’igihugu cye [AMAFOTO]

Umubiri wa rutahizamu Raphael uherutse kugwa mu kibuga, wagejejwe mu gihugu avukamo utwikirijwe ibendera y’igihugu cye.

Mu minsi yashize nibwo hamenyekanye inkuru y’inshamugongo ko rutahizamu wa Black Stars, Raphael Dawmen yitabye Imana.

Uyu rutahizamu yaguye mu kibuga ubwo yari igiye gukina umukino wa shampiyona muri Albania aho yikinaga.

Nyuma yo kwitaba Imana, umubiri we wamaze kugezwa muri Ghana aho avuka.

Mu ijoro ryo ku wa Gatanu tariki ya 17/11/2023 nibwo umubiri w’uyu rutahizamu yagejejwe mu gihugu avukamo.

[AMAFOTO]

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Nushake ube uteye nka zamodoka z’abashinwa ndahamagara umusore ukunda izo taye” Umugore usengera abakobwa bakabona abagabo akomeje gutungurana – videwo

APR FC igize icyo ivuga ku gutandukana na Michel Masabo wari Umunyamabanga wayo