in

Umubare w’abakinnyi b’abanyamahanga bemerewe gukina muri shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wongerewe

Umubare w’abakinnyi b’abanyamahanga ikipe ishobora gukoresha ku mukino mu shampiyona wazamutse ugera kuri 12.

Ibwiriza rivuga ko abanyamahanga 8 aribo bagomba kubanza mu kibuga aho kuba 6 nk’uko byari bisanzwe.

Ikipe yemerewe kwandikisha abanyamahanga ishaka, ariko ku mukino utegurwa na FERWAFA, hemerewe abakinnyi 12 b’abanyamahanga muri abo, 8 nibo bemerewe kubanza mu kibuga.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyarwenya Samu wo muri Zuby Comedy washakaga kujya mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, yagize ijwi rimwe ‘1’ mu matora

Abaturage bafashe abajura bari barabajujubije maze babatwikira ku karubanda ari bazima bashya bumva – VIDEWO