in

Ubwo abafana ba Liverpool berekezaga mu Bufaransa, ibyabayeho byababaje benshi.

Mu nzira abafana bakomeye ba Liverpool berekeza I Paris, kuri Stade de France, I Saint-Danis, mu nzira bahuye n’uruva gusenya.

Ubwo urugendo bari barugeze hagati bahuye n’impanuka imodoka ikora impanuka bituma bamwe muri bo bakomereka berekezwa kwa muganga.

Abashinzwe umutekano wo mu muhanda barebye ibyo biba batangaje ko abafana bari bafite umuvuduko mwinshi ndetse bakaba bari banyweye.

Amakuru meza ava mu bwongereza ni uko ntanumwe wapfuye, ikindi kandi abari bakomeretse bari kwitabwaho, banizeyeko bari bubashe kugera I Paris nabo ngo barebe umupira wahuruje isi yose.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto y’ibyamamare nyarwanda yaciye ibintu kuri instagram muri iki cyumweru

Kuri Twitter: Yanywesheje abanyamakurukazi inzoga batabimusabye (photo)