in

Ubwiza bw’umukobwa bumugeza ibwami, ubwenge bwe bukamutuzayo! Miss Rwanda yakoze amateka yatumye avugwa ku isi hose

Ubwiza bw’umukobwa bumugeza ibwami, ubwenge bwe bukamutuzayo! Miss Rwanda yakoze amateka yatumye avugwa ku isi hose

Abanyarwanda benshi bashobora kumwibuka kuko yitabiriye irushanwa ry’ubwiza rya Miss Rwanda 2017 aho yabaye uwa gatatu,

Si ubwiza gusa uyu mukobwa afite!, kuko afite n’ubunga buhambaye  bwo gutwara imodoka ku rwego rwo hejuru, kugeza naho ariwe wahigitse abandi mu marusharwa ya Nyirangarama rally 2023 yo gusiga hifashishijwe imodoka.

Nyuma yo gutsinda aya marushanwa, uyu mukobwa yatangiye kuvugwa hirya no hino ku isi kubera impano ye idasanzwe. Ndetse bamwe mu bamwishimiye bakanamusangiza abandi ku isi harimo umugabo uzwi hose mu gutwara imodoka ariwe Lewis Hamilton ndetse n’abandi bagiye bamusangiza ku mbuga nkoranya mbaga. Mbibutse ko uyu mugabo Lewis Hamilton akurikirwa n’abantu million 33 zirenga kuri Instagram.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kicukiro: Yari yaravuze ko azica umuntu akajya kurya ibigori bya Leta, Umugabo yishe umugore bararanye ahita yijyana kuri RIB

Nyuma y’igihe kirekire Amag The Black na Bruce Melodie aho umwe anyuze undi ahanyuza umuriro ubu hateganijwe igikorwa kizabahuza ndetse kikazura n’umubano wabo